Ibitaro bya Ruhango byibutse abari abakozi b'ikigo nderabuzima cya Kinazi n’icya Mukoma, abarwayi n'abarwaza bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Mu gihe mu Rwanda turi mu minsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, tariki ya 29 Gicurasi 2025  mu bitaro by’Intara bya…

Read more →

Hatangiye icyumweru cy’ubuzima gifite insanganyamatsiko igaruka ku kurandura igwingira mu bana, kwita ku buzima bw’umubyeyi, imirire, isuku no gukingira abana bose

Ku rwego rwa zone y’Ibitaro by’Intara bya Ruhango igizwe n’Ibigo Nderabuzima bya Kigoma, Ruhango, Nyarurama, Kinazi, Kizibere na Mbuye, gutangiza iki…

Read more →

Zone irebererwa n’Ibitaro by’Intara bya Ruhango yungutse abantu 40 bazafasha mu gutanga serivise zo kuboneza urubyaro

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 10 Nyakanga 2024 muri zone y’Ibitaro by’Intara bya Ruhango hasojwe amahugurwa ku gutanga serivise zo kuboneza urubyaro.…

Read more →

Icyumweru cy’Ubuzima bw’umubyeyi n’umwana: Abagabo barakangurirwa kuzamura uruhare rwabo mu kurwanya igwingira ry’abana

Ubu butumwa bwagarutsweho tariki ya 3 Kamena 2024, mu gikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro, ku rwego rw’Ibitaro by’Intara bya Ruhango, icyumweru…

Read more →

Ibitaro by’Intara bya Ruhango byibutse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994

Igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, by’umwihariko abakoraga mu bigo Nderabuzima bya Kinazi na Mukoma,…

Read more →

Hatangijwe icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki 27 Ugushyingo 2023, mu Mudugudu wa Bunyogombe, Akagali ka Rwoga mu Murenge wa Ruhango habereye igikorwa cyo…

Read more →

Mu muganda rusange w’ukwezi k’Ugushyingo 2023, abakozi b’ibitaro bya Ruhango bateye ibiti bisaga 500

Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Ugushyingo 2023 abakozi b’Ibitaro by’Intara bya Ruhango biherereye mu Murenge wa Kinazi w’Akarere ka Ruhango bakoze…

Read more →

Abakozi b’Ibitaro bya Ruhango bahuguwe ku gukumira no kurwanya inkongi z’umuriro

Ku wa kabiri tariki ya 17 Ukwakira 2023, abakozi b’Ibitaro by’Intara bya Ruhango bahawe amahugurwa ku kurwanya no gukumira inkongi z’umuriro.
Read more →

ABIVURIZA MU BITARO BY’INTARA BYA RUHANGO BARISHIMIRA SERIVISI NZIZA BAHABWA

Abarwayi baje bakeneye serivisi z’ubuvuzi banyuzwe na serivisi bahabwa n’abaganga ndetse n’abakozi b’ibitaro, by’umwihariko abaje kwivuza bataha…

Read more →

IGIKORWA CYO GUTANGIZA ICYUMWERU CY'UBUZIMA BW'UMUBYEYI N'UMWANA

Insanganyamatsiko y'iki Cyumweru cy'Ubuzima bw'Umubyeyi n'Umwana igira iti: Nta mubyeyi ukwiye gupfa abyara.
Read more →